Inkuru Nyamukuru

Burera hamenywe ibiyobyabwenge bya miliyoni 9

todayJuly 17, 2019 48

Background
share close

Ubuyobozi n’inzego z’umutekano mu karere ka Burera, muri icyi cyumweru bamennye banatwika ibiyobyabwenge bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 9, igikorwa cyabereye mu murenge wa Cyanika.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuzima rusange n’ubuvuzi bw’ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Patrick NDIMUBANZI yabwiye abaturage ko bafite inshingano zo gutanga amakuru ku bantu babikwirakwiza n’ababinywa.
Dr Ndimubanzi akemeza ko gutanga amakuru ari bwo buryo bwo gukumira ingaruka ziterwa n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge zirimo amakimbirane, kumunga ubukungu no guteza ubukene mu miryango.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Inteko yavanyeho amategeko arimo iribuza abanyakabari gukopa inzoga

Ejo ku wa mbere, Inteko ishinga Amategeko yatoye umushinga w'Itegeko rivanaho burundu amategeko 1,000 yo mu gihe cy'ubukoroni, bitewe n'uko atajyanye n'igihe. Komisiyo y'Umutwe w'Abadepite ishinzwe Politiki n'Uburinganire ivuga ko nta somero ry'amategeko ndetse n'uburyo bwo gushyingura inyandiko byariho muri icyo gihe, akaba ari yo mpamvu ayo mategeko hafi ya yose ntaho agaragara muri iki gihugu. Aya mategeko arimo ashobora gutangaza abantu bitewe n'aho Iterambere ry'isi rigeze muri iki gihe, […]

todayJuly 16, 2019 24

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%