Inteko yavanyeho amategeko arimo iribuza abanyakabari gukopa inzoga
Ejo ku wa mbere, Inteko ishinga Amategeko yatoye umushinga w'Itegeko rivanaho burundu amategeko 1,000 yo mu gihe cy'ubukoroni, bitewe n'uko atajyanye n'igihe. Komisiyo y'Umutwe w'Abadepite ishinzwe Politiki n'Uburinganire ivuga ko nta somero ry'amategeko ndetse n'uburyo bwo gushyingura inyandiko byariho muri icyo gihe, akaba ari yo mpamvu ayo mategeko hafi ya yose ntaho agaragara muri iki gihugu. Aya mategeko arimo ashobora gutangaza abantu bitewe n'aho Iterambere ry'isi rigeze muri iki gihe, […]
Post comments (0)