Muhanga: Abakecuru bahangayikishijwe n’abakobwa babyara bakabatana abuzukuru
Abakecuru bo mu Karere ka Muhanga baravuga ko bagowe cyane no kurera abuzukuru babo ahanini basigirwa n’abakobwa babyarira iwabo. Ababyeyi bavuga ko kubera amikoro makeya kurera umwana w’undi nta bufasha bituma batabasha kugira icyo bikorera kandi n’uburenganzira bw’umwana bukahahungabanira. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)