Nyuma y’imyaka icyenda Polisi y’u Rwanda isize isura nziza muri Haiti
Polisi y’igihugu iratangaza ko mu myaka icyenda ishize abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Haiti, basize isura nziza muri icyo gihugu kubera kuzuza neza inshingano zabo no kubana neza n’abaturage baho. Byatangajwe kuri iki cyumweru 04 Kanama 2019, ubwo abapolisi 140 bagize icyiciro cya cyenda ari nacyo cya nyuma cya Polisi y’igihugu y’u Rwanda yakoreraga ubutumwa bw’amahoro mu gihugu cya Haiti bageze mu Rwanda kuri iki […]
Post comments (0)