Ntarama: Abaturage biyubakiye ibiro by’umurenge bya miliyoni 85
Abaturage bo mu murenge wa Ntarama mu karere ka Bugesera batangaza ko nyuma yo gusanga ubuyobozi bw’umurenge wabo bukorera mu nyubako itajyanye n’igihe, bihaye umuhigo wo kubaka ibiro bishya byuzuye bitwaye miliyoni 85 z’amafaranga y’u Rwanda. Ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera buvuga ko igikorwa cy’aba baturage kigaragaza ko bamaze kumva ko kwibohora ari urugendo, kandi ko buri wese agomba kurugiramo uruhare. Abaturage b’umurenge wa Ntarama bavuga ko nyuma yo kuzuza ibiro […]
Post comments (0)