Inkuru Nyamukuru

Muri uku kwezi nta murwayi wa Malariya uragaragara mu bitaro bya Nyagatare

todayAugust 22, 2019 32

Background
share close

Umuyobozi w’ibitaro bya Nyagatare aremeza ko n’ubwo Malariya yagabanutse, ingamba zo kuyihashya zigomba gukomeza gushyirwamo imbaraga kuko uburyo irwanywa mu Rwanda atari ko bikorwa mu bihugu birukikije.

Dr. Munyemana Ernest yabitangaje ku wa gatatu, ubwo itsinda ry’abasenateri bo muri senat ya Leta zunze ubumwe za America ryasuraga akarere ka Nyagatare kugira ngo barebe ko ibikorwa by’ubuzima batera inkunga byatanze umusaruro.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Rubavu : Abaturage bitambitse umuhesha w’inkiko banga ko inzu isenywa

Mu karere ka Rubavu Abaturage bo mu kagari ka Bugoyi mu murenge wa Gisenyi babangamiye icyemezo cy’umuhesha w’inkiko witwa Nyirashyirambere Emerance cyo gusenyera umuryango wa Ngingo. Uwo muhesha w’inkiko yashakaga ko inzu isenywa yitwaje ko uwamuhaye akazi witwa Akaje Alex yatsinze abo baburanaga, abaturage bo bakavuga ko Akaje ari umujura, batamuzi. Umunyamakuru wacu Syldio Sebuharara yadukurikiraniye iki kibazo kimaze imyaka igera kuri 29. Mwumve hano munsi:

todayAugust 22, 2019 21

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%