Muri uku kwezi nta murwayi wa Malariya uragaragara mu bitaro bya Nyagatare
Umuyobozi w’ibitaro bya Nyagatare aremeza ko n’ubwo Malariya yagabanutse, ingamba zo kuyihashya zigomba gukomeza gushyirwamo imbaraga kuko uburyo irwanywa mu Rwanda atari ko bikorwa mu bihugu birukikije. Dr. Munyemana Ernest yabitangaje ku wa gatatu, ubwo itsinda ry’abasenateri bo muri senat ya Leta zunze ubumwe za America ryasuraga akarere ka Nyagatare kugira ngo barebe ko ibikorwa by’ubuzima batera inkunga byatanze umusaruro. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)