Inkuru Nyamukuru

Imboga n’imbuto byinjiza miliyoni 26 z’amadorari buri mwaka

todaySeptember 4, 2019 74

Background
share close

Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi (NAEB), Amb Bill Kayonga, avuga ko kuba imbuto n’imboga byoherezwa hanze bizamuka biterwa n’imbaraga Leta ishyira mu kubiteza imbere.

Ni nyuma y’uko imibare yatangajwe yerekana ko Imboga n’imbuto u Rwanda rwohereza hanze byiyongereye mu myaka 13 ishize bituma n’amadovize zinjiza mu gihugu yiyongera ava kuri miliyoni eshanu z’amadolari ya Amerika agera kuri miliyoni 26 z’Amadolari ya Amerika.

Leta ngo ifite intego yo kugera ku byoherezwa mu mahanga byo muri urwo rwego buri mwaka bifite agaciro ka miliyoni 130 z’Amadolari ya Amerika (miliyari 119.6Frw) kuva muri 2024.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Gisagaraga na Burera: Abandi bayobozi bamaze kwegura ku mirimo yabo; Musanze ibonye Meya w’agateganyo

Mu gihe inkubiri yo kwegura kw’abayobozi ikomeje kugera mu turere dutandukanye tw’igihugu, kuri ubu amakuru ari kuvugwa ni uko mu karere ka Gisagara na Burera naho hari abayobozi bamaze kwegura ku myanya yabo. Abo ni Visi meya ushinzwe iterambere ry’ubukungu mu karere ka Gisagara, Hanganimana Jean Paul na Habyarimana Jean Baptiste umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage mu karere ka Burera. Mu kanya gato gashize umunyamakuru wa KT Radio Marie […]

todaySeptember 3, 2019 36

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%