Imboga n’imbuto byinjiza miliyoni 26 z’amadorari buri mwaka
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi (NAEB), Amb Bill Kayonga, avuga ko kuba imbuto n’imboga byoherezwa hanze bizamuka biterwa n’imbaraga Leta ishyira mu kubiteza imbere. Ni nyuma y’uko imibare yatangajwe yerekana ko Imboga n’imbuto u Rwanda rwohereza hanze byiyongereye mu myaka 13 ishize bituma n’amadovize zinjiza mu gihugu yiyongera ava kuri miliyoni eshanu z’amadolari ya Amerika agera kuri miliyoni 26 z’Amadolari ya Amerika. Leta ngo […]
Post comments (0)