Inkuru Nyamukuru

Musanze: Baremeza ko ingagi zahinduye ubuzima bwabo

todaySeptember 5, 2019 74

Background
share close

Mu gihe itariki yegereje yo kwita izina abana 25 b’ingagi, abaturage bo mu karere ka Musanze bavuga ko kwita izina ari igikorwa bishimira, kuko iri uburyo bwo guha ingagi agaciro nk’imyamaswa zibafitiye akamaro mu iterambere ryabo.

Bavuga ko ingagi zabahinduriye ubuzima, kuko babona akazi zigakurura na ba mukerarugendo basigira igihugu amadevise.

Abo baturage bavuga kandi ko ari amahirwe barusha utundi turere tutegereye Pariki y’ibirunga, kuko baba bafite amahirwe yo guhura na Parezida wa Repuburika buri mwaka.

umva ibitekerezo byabo hano:

 

 

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Musanze: Bazengurutse umujyi wose bamagana umwanda

Itsinda ry’abaturage bagera kuri bahagarariye abandi mu kagari ka Kigombe mu murenge wa Muhoza, akagari kagizwe n’igice kinini cy’umujyi wa Musanze, biyemeje kuzenguruka imidugudu yose n’umujyi wa Musanze bamagana umwanda. Baganira na Kigali Today, ubwo bari mu mujyi rwagati kuwa Kabiri tariki 03 Nzeri 2019, aho bari bitwaje ibyapa byamagana umwanda, bavuze ko ari gahunda bihaye yo kuzenguruka umujyi wose n’imidugudu batuyemo kugira ngo uwo mujyi bafata nk’uwa kabiri kuri […]

todaySeptember 4, 2019 23

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%