Yafatiwe muri Uganda, yisanga mu gisirikare kirwanya u Rwanda
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 12 Nzeri, Abanyarwanda 32 barimo abayoboke b’idini ya ADEPR bagejejwe ku mupaka wa Kagitumba, bavuye mu gihugu cya Uganda aho bari bafungiye. Umwe muri aba ni Pasitoro Maboko August wo mu itorero rya ADEPR uvuga ko yageze Uganda guhera mu mwaka wa 2007, agafatirwayo kuwa 23 Nyakanga uyu mwaka. Avuga ko n’ubwo abapasitoro batakubiswe ariko uko yajyaga kubazwa buri gihe yabaga yapfuswe mu maso. […]
Post comments (0)