Ubyumva ute – Abayobozi bashya b’Umugi Wa Kigali
Anne Marie Niwemwiza araganira na Pudence Rubingisa, Mayor w'umugi wa Kigali, ndetse n'abandi bayobozi bashya b'umugi wa Kigali kuri migambi bafitiye abanyakigali.
KT Radio Real Talk, Great Music
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 12 Nzeri, Abanyarwanda 32 barimo abayoboke b’idini ya ADEPR bagejejwe ku mupaka wa Kagitumba, bavuye mu gihugu cya Uganda aho bari bafungiye.
Umwe muri aba ni Pasitoro Maboko August wo mu itorero rya ADEPR uvuga ko yageze Uganda guhera mu mwaka wa 2007, agafatirwayo kuwa 23 Nyakanga uyu mwaka. Avuga ko n’ubwo abapasitoro batakubiswe ariko uko yajyaga kubazwa buri gihe yabaga yapfuswe mu maso.
Uretse abayoboke b’itorero ADEPR harimo abandi banyarwanda bagiye Uganda bagiye gusura abavandimwe.
Aba bagejejwe ku mupaka hari abafite ihungabana kubera iyica rubozo bakorewe no kujyanwa mu myitozo ya gisirikare muri Congo.
Written by: KT Radio Team
Anne Marie Niwemwiza araganira na Pudence Rubingisa, Mayor w'umugi wa Kigali, ndetse n'abandi bayobozi bashya b'umugi wa Kigali kuri migambi bafitiye abanyakigali.
Copyright © 2025 KT Radio. All Rights Reserved.
Post comments (0)