Inkuru Nyamukuru

todaySeptember 14, 2019 55

Background
share close

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame aravuga ko mu mbogamizi zabuza ubukungu bw’igihugu gukomeza kuzamuka harimo ihohoterwa n’impanuka.

Ibi yabivugiye mu nama ya biro politiki y’Umuryango FPR Inkotanyi yitabiriwe n’abagera ku 2,000 barimo abayobozi bakuru, n’ab’inzego z’ibanze muri Leta, abahagarariye abikorera ndetse n’imiryango itari iya Leta.

Umukuru w’Igihugu yavuze ko yishimiye izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2019, ryarushije uwashize wa 2018, ariko ko gukomeza iri terambere bisaba kwirinda impanuka n’umuco wo guhohotera abagore n’abakobwa.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Karongi : Umunyeshuri yemerewe kwiga aho ashaka ku isi atararangiza ayisumbuye

Umuyobozi wa IPRC Karongi Ing. Paul Umukunzi yatangaje ko umunyeshuri witwa Mugiraneza Jean Bosco yamaze kwemererwa kwiga muri kaminuza ashaka ku isi igihe azaba yarangije amashuri yisumbuye kubera porogaramu yakoze. Uyu munyeshuri yakoze porogaramu ifasha mu gusaba serivisi z’umutekano w’abanyeshuri cyangwa abarwayi kwa muganga, ikaba yaramuritswe mu marushanwa y’udushya mu burezi yitabiriwe n’abanyeshuri. Iyo porogaramu yegukanye igihembo harimo no kwemerera umunyeshuri wayikoze kuzajya kwiga muri kaminuza ashaka narangiza amashuri yisumbuye. […]

todaySeptember 14, 2019 48

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%