Perezida wa Repubulika, Paul Kagame aravuga ko mu mbogamizi zabuza ubukungu bw'igihugu gukomeza kuzamuka harimo ihohoterwa n'impanuka. Ibi yabivugiye mu nama ya biro politiki y’Umuryango FPR Inkotanyi yitabiriwe n'abagera ku 2,000 barimo abayobozi bakuru, n'ab'inzego z'ibanze muri Leta, abahagarariye abikorera ndetse n'imiryango itari iya Leta. Umukuru w'Igihugu yavuze ko yishimiye izamuka ry'ubukungu bw'u Rwanda muri uyu mwaka wa 2019, ryarushije uwashize wa 2018, ariko ko gukomeza iri terambere bisaba kwirinda […]
Post comments (0)