Inkuru Nyamukuru

Hari abagabo batishimiye uburyo bwo kuboneza bw’agapira n’ibinini

todaySeptember 27, 2019 101

Background
share close

Bamwe mu bagabo bafite abagore bari muri gahunda yo kuboneza urubyaro baranenga uburyo bwo kuboneza urubyaro ku bagore bw’agapira n’ibinini kuko bibabyibushya cyane, abandi bikabananura hakagira nabo bitera uburwayi.

Ibi babitangaje mu gihe ku wa kane tariki 26 Nzeri hizizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe kuboneza urubyaro.
Ushinzwe ubuzima bw’imyororokere mu kigo cy’igihugu cyita ku buzima RBC, Serucaca Joel avuga ko ubu buryo hari abagore bubera bwiza ko abo byanga biterwa n’umubiri wabo.

Icyegeranyo cya ministeri y’ubuzima cyo muri 2015 giheruka, kigaragaza ko ababyeyi bakoresha imiti bangana na 48% naho abakoresha uburyo bwa kamere bakaba ari 53%.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Hatashywe ibyuma bikonjesha amata mu mashuri 6

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof. Shyaka Anastase aravuga ko bigayitse kuba akarere ka Nyagatare gatunze inka nyinshi n’umukamo mwinshi mu gihugu ariko kakaba kaza mu twa mbere mu kugira abana bagaragarwaho imirire mibi. Yabitangaje kuri uyu wa 26 Nzeri, ubwo ku kigo mbonezamikurire cya G.S Ryabega hatangizwaga ku mugaragaro umushinga wo gutaha ibyuma bikonjesha amata byashyizwe mu mashuri kugira ngo abana bayigamo bari munsi y’imyaka 6 batagira imirire mibi. Amata azajya […]

todaySeptember 27, 2019 28

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%