Inkuru Nyamukuru

Abasura ingoro z’umurage buri mwaka bikubye inshuro 270 mu myaka 30

todaySeptember 28, 2019 34

Background
share close

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’ingoro z’igihugu z’umurage w’u Rwanda burishimira ko bavuye ku bashyitsi igihumbi ku mwaka mu 1989, bakaba bageze ku basaga ibihumbi 270.

Byagarutsweho n’umuyobozi w’iki kigo, Ambasaderi Robert Masozera, tariki 27 Nzeri 2019, ubwo bizihizaga isabukuru y’imyaka 30 hashyizweho ingoro ya mbere y’umurage mu 1989.

Ingoro ya mbere y’umurage w’u Rwanda, ari na yo yagabye amashami, yari i Huye, ariko mu mu minsi yashize icyicaro cy’izi ngoro cyimuriwe i Kigali ku buryo kihamaze hafi 1/3 cy’imyaka 30 imaze. Icyakora, inama y’abaminisitiri iherutse kwemeza ko icyicaro kizagaruka i Huye, kandi amb. Masozera avuga ko mu mwaka utaha wa 2020 bazaba baragarutse.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Polisi yamaze impungenge abikundira agatama

Polisi y’u rwanda iramara impungenge abanyarwanda bikundira agatama, ivuga ko itababujije kunywa ngo bishime batarame ahubwo ko ibasaba kudatwara banyoye kugira ngo babashe kwirinda impanuka. Ibi byatangajwe nyuma yo guhugura no gusura utubari n’amahoteri ngo harebwe ishyirwamubikorwa ry’amabwiriza mashya arebana no gushishikariza abantu kutanywa inzoga ngo batware. Umva inkuru irambuye hano:

todaySeptember 28, 2019 19

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%