Abasura ingoro z’umurage buri mwaka bikubye inshuro 270 mu myaka 30
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’ingoro z’igihugu z’umurage w’u Rwanda burishimira ko bavuye ku bashyitsi igihumbi ku mwaka mu 1989, bakaba bageze ku basaga ibihumbi 270. Byagarutsweho n’umuyobozi w’iki kigo, Ambasaderi Robert Masozera, tariki 27 Nzeri 2019, ubwo bizihizaga isabukuru y’imyaka 30 hashyizweho ingoro ya mbere y’umurage mu 1989. Ingoro ya mbere y’umurage w’u Rwanda, ari na yo yagabye amashami, yari i Huye, ariko mu mu minsi yashize icyicaro cy’izi ngoro cyimuriwe i […]
Post comments (0)