Inkuru Nyamukuru

Abafite ubumuga bwo kutabona, babana bate n’ibibakikije?

todayOctober 2, 2019 37

Background
share close

Ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko umuntu 1/1000 atabona naho 1% akaba abona nabi. Ubumuga bwo kutabona burimo ibyiciro bitewe n’urwego bugezeho. Hari abatabona burundu, ababona gahora, ababona kure ntibabone hafi n’ababona hafi ntibabone ibiri kure.

Abantu babona bibaza byinshi ku bantu batabona burundu. Mubyo bibaza harimo uko babona ibibakikije, niba hari ikintu na kimwe bareba, niba se babona umwijima w’icuraburindi gusa. Muri iyi nkuru bimwe muri ibyo bibazo birabonerwa ibisubizo.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyaruguru: Umwarimu yakoze indege y’imfashanyigisho mu isomo ry’ubugenge

Corneille Musabyimana, umwarimu w’ubugenge muri G.S Mère du Verbe mu Karere ka Nyaruguru, yakoze indege ya kajugujugu mu bipapuro, nk’imfashanyigisho mu isomo rye. Indege yakoze ni iyo mu bwoko bwa kajugujugu. Ayishyiramo amabuye yifashishwa muri radiyo igacana amatara, igakaraga umuhoro, ikagenda nka metero zirindwi. Imvano y’iki gitekerezo ngo ni ugushaka imfashanyigisho y’isomo ry’ubugenge bita electro magnetic system. Ariko ngo bwari n’uburyo bwo gutoza abana guhanga udushya. Kwikorera imfashanyigisho kwa Musabyimana […]

todayOctober 2, 2019 45

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%