Abafite ubumuga bwo kutabona, babana bate n’ibibakikije?
Ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko umuntu 1/1000 atabona naho 1% akaba abona nabi. Ubumuga bwo kutabona burimo ibyiciro bitewe n’urwego bugezeho. Hari abatabona burundu, ababona gahora, ababona kure ntibabone hafi n’ababona hafi ntibabone ibiri kure. Abantu babona bibaza byinshi ku bantu batabona burundu. Mubyo bibaza harimo uko babona ibibakikije, niba hari ikintu na kimwe bareba, niba se babona umwijima w’icuraburindi gusa. Muri iyi nkuru bimwe muri ibyo bibazo birabonerwa ibisubizo. Umva […]
Post comments (0)