Inkuru Nyamukuru

Bitarenze Ukwakira Umujyi wa Kigali uragaragaza ahemerewe kubakisha rukarakara.

todayOctober 5, 2019 21

Background
share close

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali butangaza ko hari itsinda ririmo gukora inyigo mu duce twose tugize uwo mujyi hagamijwe kumenya ahemerewe kubakisha amatafari ya rukarakara.

Byatangajwe kuri uyu wa 4 Ukwakira 2019, ubwo habaga inama yahuje abayobozi mu Mujyi wa Kigali, abubatsi bibumbiye muri sendika yabo (STECOMA) ndetse n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiturire (RHA), bakaba bavuze ko kugeza ubu nta hantu na hamwe hemerewe kubakishwa ayo matafari mu gihe iryo tsinda ritaratanga raporo.

Ibizava muri iyi nyingo bigomba gutangazwa bitarenze uku kwezi kw’Ukwakira.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

IPRC-Huye irashishikariza abanyeshuri b’abatangizi gutangira amasomo banatekereza ku cyo bazamara

Abanyeshuri b’abatangizi mu mwaka wa mbere muri IPRC-Huye barasabwa gutangira amasomo yabo banibaza ku byo bazahanga byazabateza imbere bikanagirira u Rwanda akamaro, kuko ngo guhanga ibishya bidasaba gutegereza kurangiza amashuri. Umuyobozi w’iri shuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro, Dr. Barnabé Twabagira, yabibabwiye ubwo basozaga icyumweru cyo gutozwa ubutore banamenyerezwa ibyo muri iri shuri, uyu munsi kuwa gatanu tariki 4 Ukwakira. Muri IPRC-Huye muri uyu mwaka hagomba gutangira abanyeshuri 600, ariko abitabiriye icyumweru […]

todayOctober 4, 2019 58

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%