Inkuru Nyamukuru

Kugera mu Rwanda ni nko kuva mu mwijima ukajya mu rumuri – Impunzi zavuye muri Libya

todayOctober 25, 2019 42

Background
share close

Impunzi zavuye muri Libia zicumbikiwe mu Rwanda ziravuga ko kugera mu Rwanda byazibereye nko kuva mu mwijima ujya mu rumuri.

Ibi zirabivuga zihereye ku buzima busharira zabayemo mu nkambi zo muri Libia, nyuma y’uko benshi bafashwe bagerageza kujya ku mugabane w’Uburayi.

N’ubwo bemeza ko babayeho neza mu Rwanda baracyafite icyifuzo cyo kujya i Burayi, ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe impunzi rikavuga ko bizabafata igihe kugira ngo batekereze andi mahitamo ku hazaza habo.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abatera igihugu cyacu ni abiyahuzi – Minisitiri Busingye

Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye, avuga ko abatera u Rwanda baturutse hanze yarwo abafata nk’abiyahuzi, cyane ko batera ariko ntibasubireyo kuko inzego z’umutekano ziba ziri maso. bwana busingye Yabivuze kuri uyu wa 24 Ukwakira 2019, ubwo yari yitabiriye ikiganiro cyateguwe na Polisi y’igihugu, kiyihuza n’abanyamakuru ndetse n’izindi nzego, kikaba kigamije kugaragariza Abanyarwanda ibyo urwo rwego rukora mu kurindira abaturage umutekano. Iki kiganiro cyibanze ahanini ku mutekano wo mu muhanda, ariko Minisitiri […]

todayOctober 24, 2019 22

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%