Ikarita y’ubwishingizi ya Sanlam yakuvuza hanze y’u Rwanda
Ikigo cy’ubwishingizi cya Sanlam cyo muri afurika y’epfo cyaguze imigabane 100% mu kigo Soras cya hano mu Rwanda. Ni nyuma y’uko iki kigo gitangiye gukorera mu Rwanda mu mwaka wa 2014, aho cyari cyabanje kugura 63% by’imigabane ya Soras binyuze mu kindi kigo kitwa Saham. Imigabane isigaye, Sanlam ikaba yarayiguze mu mwaka ushize wa 2018. Umuyobozi wungirije wa Sanlam Junior Ngulube avuga ko kuba barinjiye ku isoko ry’u Rwanda byatewe […]
Post comments (0)