Umubyeyi wa Nsengiyumva yavuze uko yakuze akunda igisirikare none yabaye we
Umubyeyi w’umwe mu basirikare 320 bambitswe ipeti rya ‘sous-lieutenant’ na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ku wa gatandatu i Gako mu karere ka Bugesera, aravuga ko umwana we yinjiye mu gisirikare yarabimuteguje kuva akiri muto. Uyu mubyeyi ashishikariza bagenzi be kujya bitegereza bakamenya impano z’abana babo, kugira ngo babafashe kuzibyaza umusaruro hakiri kare. Perezida Kagame nawe avuga ko umwuga w’igisirikare ari yo mahitamo ye ya mbere, ndetse akaba awuhamagarira n’abandi […]
Post comments (0)