Bakundukize yabonye ibitaro bigiye kumwitaho
Bakundukize Ruth ufite uburwayi bw’umubiri bumeze nk’ibibyimba byiyongereye ku maboko, yabonye ibitaro bimwitaho. Ibitaro bya Murunda mu Karere ka Rutsiro biri gukorwaho n'inzobere nibyo byemeye kumwakira no kumuvura. Umuyobozi w’ibi bitaro Niringiyimana Eugene yabwiye Kigali Today ko bamaze kumwakira kandi hari abaganga bakomoka mu gihugu cy’Ubudage barimo kumwitaho. Bakundukize Ruth abonye ubufasha nyuma y’inkuru y’ubuvugizi yakozwe na Kigali Today mu cyumweru gishize, yavugaga ko uyu Bakundukize ufite imyaka 39, amaranye […]
Post comments (0)