Inkuru Nyamukuru

Umubyeyi wa Nsengiyumva yavuze uko yakuze akunda igisirikare none yabaye we

todayNovember 18, 2019 96

Background
share close

Umubyeyi w’umwe mu basirikare 320 bambitswe ipeti rya ‘sous-lieutenant’ na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ku wa gatandatu i Gako mu karere ka Bugesera, aravuga ko umwana we yinjiye mu gisirikare yarabimuteguje kuva akiri muto.

Uyu mubyeyi ashishikariza bagenzi be kujya bitegereza bakamenya impano z’abana babo, kugira ngo babafashe kuzibyaza umusaruro hakiri kare.

Perezida Kagame nawe avuga ko umwuga w’igisirikare ari yo mahitamo ye ya mbere, ndetse akaba awuhamagarira n’abandi bose bawifuza.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

3% by’abanyarwanda barwaye diabete – RBC

Niyonsenga Simon Pierre umukozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC ushinzwe kuyobora ishami ryita ku buvuzi no kwirinda indwara ya Diabete aravuga ko abantu 3% mu Rwanda barwaye indwara ya Diabete. By’umwihariko umuntu umwe kuri 2 ku rwego rw’isi akaba ayigendana atabizi bityo agashishikariza abantu kuyisuzumisha. Yabitangaje kuri uyu wa kane taliki 14 Ugushyingo ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wa Diabete, igikorwa cyabereye mu murenge wa Kiramuruzi akarere ka Gatsibo. Niyonsenga avuga […]

todayNovember 15, 2019 47

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%