Inkuru Nyamukuru

Bakoresha amazi y’ikiyaga hari nayikondo

todayJanuary 23, 2020 37

Background
share close

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Ndego, Karuranga Leon, arasaba abaturage b’utugari twa Karambi na Isangano kuba bifashisha amazi ya nayikondo mugihe umuyoboro usanzwe, utari wagurwa ngo bongere babone amazi meza.
Karuranga aravuga ibi mugihe bamwe mu baturage b’utu tugari bavuga ko bahitamo gukoresha amazi y’ikiyaga cya Kibare kuko aya nayikondo arimo umunyu mwinshi.

Uretse nayikondo iri kuri iki kiyaga hari haranashyizwe imashini iyungurura amazi y’ikiyaga abaturage bakayakoresha ayunguruye ariko nayo ngo yaje gupfa mugihe gito.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kuvura kanseri y’ubwonko bigiye kunyuzwa mu mazuru aho kubaga umutwe

Abaganga b’Abanyarwanda 25 bazobereye mu kuvura indwara zifata ubwonko no mu mazuru, bifashishije bagenzi babo baturuka mu Bufaransa, barimo kwitoza kuvura kanseri y’ubwonko batarinze kubaga umutwe w’umuntu, ahubwo ngo bazajya babaga mu mazuru no mu nkanka. Bavuga ko mu minsi ine bazamara mu mahugurwa kuva tariki 20-23 Mutarama 2020, ngo bazashobora kugabanya umubare munini w’Abanyarwanda bajyaga kwivuriza indwara za kanseri mu mahanga, nyuma yo gushobora kuvura ikomeye ifata mu bwonko […]

todayJanuary 23, 2020 48

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%