Leta y’u Rwanda yashoye asaga miliyari 35 mu gukumira amazi ava mu Birunga
Mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Mutarama 2020 mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Burera, hashyizwe ibuye ry’ifatizo ku mushinga wo kurinda abaturage amazi aturuka mu birunga, yabangiririzaga akanabasenyera. Ni umushinga wo kubaka imiyoboro y’amazi 22, igiye gutwara amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari 35. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa gatandatu, mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Mutarama 2020, wabereye munsi y’ikirunga cya Muhabura mu murenge wa Rugarama ho […]
Post comments (0)