Itegeko ririnda amakuru bwite y’abantu kuri murandasi rirasohoka muri Werurwe
Minisiteri y’ikoranabuhanga na inovasiyo yatangaje ko itegeko rigamije kurinda amakuru bwite y’abantu kuri internet rigiye kugezwa mu nteko ishinga amategeko kugira ngo ryemezwe. Minisitiri Paula Ingabire yabwiye KT Press ko iri tegeko rizagezwa mu nteko ishinga amategeko mu kwezi gutaha kwa gatatu, kandi ko bifuza ko ryemezwa vuba kuko ari ngombwa ko amakuru bwite y’abantu arindwa. Misitiri Ingabire avuga ko n’ubwo hariho ubundi buryo amakuru bwite y’umuntu arindwamo, iri tegeko […]
Post comments (0)