Inkuru Nyamukuru

Burera: Hatangijwe uburyo bwo gukwirakwiza ibicuruzwa ahegereye umupaka

todayFebruary 14, 2020 25

Background
share close

Abikorera bo mu Karere ka Burera batangiye uburyo bwo gukwirakwiza ibicuruzwa mu ma centre yegereye umupaka uhuza u Rwanda na Uganda.

Mu gihe cy’iminsi ibiri ishize toni 25 za kawunga muri toni 105 zatumijwe ku ruganda rwa Minimex nizo zimaze kugezwa mu bacuruzi baho.

Abaturage bishimiye iyi gahunda yo kubegereza ibiribwa hafi, aho batangiye kubibona ku giciro gito kandi bitabasabye gukora ingendo za kure bajya kubigurira ahandi.

Urugaga rw’abikorera muri aka karere rwo ruvuga ko rwatangiye iyi gahunda mu guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda no kubikundisha abaturage.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abanyeshuri bashinze ‘Eco-club’ bagiye kurihirwa amashuri kugeza muri kaminuza

Abanyeshuri 80 bo mu rwunge rw’amashuri rwa Bisate mu karere ka Musanze bagiye gufashwa mu myigire yabo kugeza barangije kwiga Kaminuza, nyuma y’uko bagize igitekerezo mu 2018 cyo kwibumbira muri Eco Club igamije kurengera ibidukikije nta kiguzi. Abo bana bahembwe mu rwego rwo kubashimira ubutwari bagize, aho biyemeje gushinga itsinda rishinzwe kurengera ibidukikije “Eco Clubs” mu kigo bigagamo mu mwaka wa 2018, aho bagiye batera ibiti ahantu hanyuranye banakora ibindi […]

todayFebruary 14, 2020 29

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%