Nyagatare: Hadutse ubujura buherekejwe no gufata ku ngufu
Mu mudugudu wa Cyonyo akagari ka Bushoga ko mu murenge wa Nyagatare, , haravugwa abajura binjira mu mazu y’abaturage bakiba amafaranga, telefone no gufata ku ngufu abagore. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge Ingabire Jenny avuga ko abantu 2 bakekwaho ubwo bugizi bwa nabi bamaze gufatwa ariko iperereza riragoranye kuko abakorewe icyaha ntibagaragara ngo batange ikirego. Muri uyu mudugudu wa Cyonyo ngo abantu 5 nibo bamaze kumenyakana batewe mu mazu ariko umwe akaba […]
Post comments (0)