Perezida Kagame yasabye abayobozi kudakorera inyungu zabo bwite
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, mu muhango wo kwakira indahiro z’abayobozi bashya binjiye muri guverinoma yababwiye ko bagomba kwita ku buremere bw’amagambo ari mu ndahiro. Perezida Kagame yavuze ko kwiyemeza kutazakoresha ububasha bahawe mu nyungu zabo bwite, ari indahiro ikomeye kandi igomba gushyirwa mu bikorwa. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)