Abantu barasabwa gushishoza mu kugura imiti isukura intoki
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiti n’ibiribwa (Rwanda FDA) kirakangurira abagura imiti yo gusukura intoki hirindwa icyorezo cya Coronavirus, gushishoza kugira ngo batagura itujuje ubuziranenge itabasha kwica udukoko dutera iyo ndwara. Ibyo biravugwa mu gihe hari imwe muri iyo miti iri ku isoko itujuje ubuziranenge, ari yo mpamvu icyo kigo cyagaragaje ibiranga umuti umuntu yagura. Bivuze ko bisaba kwitonda mbere yo kugura kugira ngo udatwara itujuje ubuziranenge. Mu gihe cyo kugura umuti, […]
Post comments (0)