Inkuru Nyamukuru

ABACURURIZA N’ABAREMA ISOKO RY’IBIRIBWA RYA MUSANZE BATANGIYE GUSHYIRA MU BIKORWA AMWE MU MABWIRIZA YO KWIRINDA COVID-19

todayMarch 17, 2020 41

Background
share close

Abacuruzi n’abagana isoko ry’ibiribwa rya Musanze ryitwa Kariyeri baravuga ko batangiye gushyira mu bikorwa ingamba zo kwirinda icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi.

Izi ngamba zirimo gukaraba intoki n’amazi meza n’isabuni, kwirinda gusuhuzanya n’ibindi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abantu barasabwa gushishoza mu kugura imiti isukura intoki

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiti n’ibiribwa (Rwanda FDA) kirakangurira abagura imiti yo gusukura intoki hirindwa icyorezo cya Coronavirus, gushishoza kugira ngo batagura itujuje ubuziranenge itabasha kwica udukoko dutera iyo ndwara. Ibyo biravugwa mu gihe hari imwe muri iyo miti iri ku isoko itujuje ubuziranenge, ari yo mpamvu icyo kigo cyagaragaje ibiranga umuti umuntu yagura. Bivuze ko bisaba kwitonda mbere yo kugura kugira ngo udatwara itujuje ubuziranenge. Mu gihe cyo kugura umuti, […]

todayMarch 17, 2020 18

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%