Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Bahagurukiye isuku mu rwego rwo kwirinda COVID-19

todayMarch 17, 2020 38

Background
share close

Mu gihe abaturage bakomeje guhamagarirwa gukurikiza ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID 19, zirimo no gukaraba intoki, abatuye mu mujyi wa Gisenyi ho mu karere ka Rubavu baravuga ko batangiye guhura n’imbogamizi kuko ibikoresho by’isuku biri kugenda biba bike mu gihe ahandi ibiciro byazamutse.

Abaturage bakaba basaba ko Leta yafasha abacuruzi ibyo bikoresho bikaboneka.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Mu Rwanda habonetse abandi barwayi babiri ba Coronavirus

Amakuru mashya ya Minisiteri y’Ubuzima aravuga ko mu Rwanda kuri uyu wa mbere tariki 16 Werurwe 2020, hagaragaye abandi bantu babiri barwaye Coronavirus, nk’uko itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ribivuga. Ibi byatumye umubare w’abarwaye Coronavirus mu Rwanda ugera kuri barindwi. Babiri bashya bagaragayeho iyo virusi ni Umunyarwandakazi w’imyaka 32 washakanye n’Umunyarwanda na we wanduye uheruka mu birwa bya Fiji anyuze muri Amerika na Qatar. Uwa kabiri ni Umugabo w’Umudage w’imyaka 61 […]

todayMarch 16, 2020 42

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%