Mu Rwanda habonetse abandi barwayi babiri ba Coronavirus
Amakuru mashya ya Minisiteri y’Ubuzima aravuga ko mu Rwanda kuri uyu wa mbere tariki 16 Werurwe 2020, hagaragaye abandi bantu babiri barwaye Coronavirus, nk’uko itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ribivuga. Ibi byatumye umubare w’abarwaye Coronavirus mu Rwanda ugera kuri barindwi. Babiri bashya bagaragayeho iyo virusi ni Umunyarwandakazi w’imyaka 32 washakanye n’Umunyarwanda na we wanduye uheruka mu birwa bya Fiji anyuze muri Amerika na Qatar. Uwa kabiri ni Umugabo w’Umudage w’imyaka 61 […]
Post comments (0)