Inkuru Nyamukuru

COVID 19: Mu bice by’icyaro naho bamaze gusobanukirwa na koronavirusi

todayMarch 19, 2020 41

Background
share close

Abaturage bo mu bice by’icyaro mu turere twa Musanze, Burera na Nyabihu baravuga ko bagenda basobanukirwa ububi n’ingaruka z’icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi.

Benshi baremeza ko umuco wo gukaraba intoki kenshi gashoboka wamaze kubacengera, ari nako bagenda bacika ku muco wo gusuhuzanya n’ubwo kuri bamwe bisanga babikoze kubera kwibagirwa.

Hagati aho ariko hari ibyifuzo bafite ku biciro by’ibiribwa byatangiye kuzamuka kimwe n’igiciro cya kandagira ukarabe zavuye ku mafaranga ibihumbi 17 zishyirwa ku bihumbi 30frw.

Aba bari kuri micro ya Ishimwe Rugira Gisele:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nta kiguzi kizongera gucibwa abantu bahererekanya amafaranga bakoresheje mobile money

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ejo ku wa gatatu, BNR ivuga ko ibi byakozwe mu rwego rwo gushishikariza abantu kwishyura no kohererezanya amafaranga hakoreshejwe imirongo y’ikoranabuhanga, hagamijwe kugabanya ikwirakwiza ry’ubwandu bwa Covid 19 ryaturuka ku gukora ku mafaranga n’intoki. Ibigo by’itumanaho n’amabanki kandi byemeje ko nta kiguzi kizongera gucibwa umuntu mu gihe akura amafranga kuri konti iri muri banki ayashyira kuri konti ya mobile money cyangwa se ayakura kuri konti ya […]

todayMarch 19, 2020 18

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%