COVID19: U Rwanda rugiye guhagarika ingendo z’indege mu rwego rwo gukumira coronavirus
Ministre w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko ingendo zo mu kirere zigiye guhagarikwa mu gihe cy’iminsi 30 ishobora kongerwa mu rwego rwo kugabanya ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19. Uyu mwanzuro uzatangira gushyirwa mu bikorwa mu ijoro ryo ku wa gatanu tariki ya 20 werurwe 2020. Hazahagarikwa ingendo z’indege ziva cyangwa ziza mu Rwanda, harimo n’iza RwandAir, zinyuze ku Kibuga Mpuzamahanga cya Kigali. Hagati aho ariko indege zitwara imizigo n’izikora ibikorwa by’ubutabazi […]
Post comments (0)