Inkuru Nyamukuru

Mu minsi iri imbere, gukora ubukwe bishobora kubera “online”

todayApril 20, 2020 31

Background
share close

Mu rwego rwo gukomeza ingamba zo kwirinda icyorezo Covid-19 ariko imibereho y’abantu idahungabanye, Leta y’u Rwanda ivuga ko mu mikorere mishya yo kwifashisha ikoranabuhanga igenda ivuka, ngo hashobora no kuzabaho gushyingira abantu hifashishijwe iya kure.

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye avuga ko ibi bishoboka kuko ari bwo buryo Inama za Guverinoma cyangwa mu bucamanza barimo kwifashisha.

Ku itariki 13 Mata muri uyu mwaka Leta zunze ubumwe z’Abarabu zemeje ko mu rwego rwo kwirinda guhura kw’abantu no kwanduzanya Coronavirus, abifuza gushyingirwa bashobora kubikorera ku ikoranabuhanga.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Imyaka 26 irashize Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe

Mu mwaka w’1994, ku itariki nk’iy’uyu munsi ya 20 Mata, umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe n’abasirikare bamurashe. Rosalie Gicanda yari umugore w’umwami Mutara wa III Rudahigwa, akaba yarapfakaye mu 1959 ubwo umugabo we yicirwaga i Bujumbura. Ese Rosalia Gicanda yari muntu ki? Byumve muri iyi nkuru:

todayApril 20, 2020 41

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%