Inkuru Nyamukuru

Minisitiri Munyangaju yasabye abakunzi b’imikino kurangwa n’urukundo

todayJune 1, 2020 41

Background
share close

Ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi hatangijwe ku mugaragaro icyumweru cyo kwibuka abari abakinnyi, abatoza, abafana ndetse n’abandi bakundaga imikino mu Rwanda bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ni umuhango witabiriwe na Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Memosa, n’abandi bayobozi barimo n’abayobora amashyirahamwe y’imikino mu Rwanda.

Ministre Munyangaju yasobanuye ko kwibuka muri iki cyumweru bizakorwa mu buryo budasanzwe.

Mwumve hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Musanze: Abamotari baremera ko kuba batabashije gusubira mu mirimo biri mu nyungu zabo

Abatwara abagenzi mu modoka rusange no kuri moto mu karere ka Musanze, nyuma y’uko batabashije gusubira mu mirimo yabo kubera ubwandu bushya bwa covid19 bwagaragaye mu gihugu, baremera ko icyemezo cy’ubuyobozi kiri mu nyungu z’abanyarwanda bose. Nubwo bari bamaze kwitegura bihagije nk’uko babitangaza, abumva akamaro k’icyemezo cyo gukomeza gutegereza barasaba bagenzi babo kwirinda kuba ba nyirabayazana w’iki cyorezo, kuko bikomeza kudindiza ubukungu. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 1, 2020

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%