Inkuru Nyamukuru

Musanze: Abamotari baremera ko kuba batabashije gusubira mu mirimo biri mu nyungu zabo

todayJune 1, 2020

Background
share close

Abatwara abagenzi mu modoka rusange no kuri moto mu karere ka Musanze, nyuma y’uko batabashije gusubira mu mirimo yabo kubera ubwandu bushya bwa covid19 bwagaragaye mu gihugu, baremera ko icyemezo cy’ubuyobozi kiri mu nyungu z’abanyarwanda bose.

Nubwo bari bamaze kwitegura bihagije nk’uko babitangaza, abumva akamaro k’icyemezo cyo gukomeza gutegereza barasaba bagenzi babo kwirinda kuba ba nyirabayazana w’iki cyorezo, kuko bikomeza kudindiza ubukungu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Uncategorized

Perezida Kagame yasabye abarahira kutikanga mu gihe babajijwe inshingano biyemeje

President wa Republica y’u Rwanda kuri uyu wa mbere tariki 1 Kamena 2020, yakiriye indahiro z’abayobozi bashya muri guverinoma y’u Rwanda, aboneraho no gushimira abaturarwanda uko bakomeje kwitwara muri ibi bihe bidasanzwe. Abayobozi barahiriye imbere y’umukuru w’igihugu barimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Prof. Nshuti Manasseh n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ngabitsinze Jean-Chrysostome. Abandi barahiye ni Emmanuel Kamere, Umucamanza mu Rukiko rw’Ubujurire, Geraldine Umugwaneza Umucamanza […]

todayJune 1, 2020 19

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%