Amajyepfo: Abamotari bamwe bashobora kudasubira mu kazi kubera kutagira ubwishingizi
Abatwara abagenzi kuri moto mu Karere ka Huye baravuga ko n’ubwo hari gahunda yo kubakomorera bagasubira mu kazi, hari abafite impungenge ko batazabasha gusubira mu kazi kubera kubura amafaranga y’ubwishingizi bwa moto zabo. Abafite iki kibazo ni abo gahunda ya guma mu rugo yasanze ubwishingizi bwabo bwararangiye, hakaba n’abo bwarangiye mu minsi ishize ntibabasha cyangwa bibagirwa kubuhagarikisha, byibuze ngo bubafashe mu gihe batarabona amafaranga yo kugura ubundi. Umva inkuru irambuye […]
Post comments (0)