Inkuru Nyamukuru

Abanyonzi batunguwe no kuba bo bari mu batemerewe gusubukura imirimo

todayJune 3, 2020 66

Background
share close

Mu gihe abamotari bari mu byishimo, abakora umwuga wo gutwara abantu ku magare(Abanyonzi) bo mu turere dutandukanye tw’igihugu bo baratangaza ko batunguwe no kuba batisanze mu byiciro by’abasubukuye imirimo yo gutwara abagenzi.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu bamwe muri bo bari batangiye gutwara abagenzi ari nako binjiza agafaranga, ariko nyuma y’amasaha macye ababahagarariye n’izindi nzego zishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kwirinda Covid-19 mu turere bakoreramo zababwiye ko batarakomorerwa ngo batware abagenzi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Kudakomorerwa ni umwanya wo kwita ku bitagenda neza – Ubuyobozi

Ubuyobozi bw' aKarere ka Rubavu buravuga ko kuba kano karere katari mu turere twakomorewe ingendo ari umwanya wo kwita kubitagenda neza. Mu kiganiro yagiranye na KT Radio, Umuyobozi wa kano karere Habyarimana Gilbert yavuze ko bafite urutonde rw'abanyura inzira ya Panya bagiye mu mugi wa Goma, bagiye gupimwa coronavirus ndetse no kuganirizwa. Habyarimana Gilbert ari kuri micro ya Syldio Sebuharara

todayJune 3, 2020 18

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%