Inkuru Nyamukuru

Gakenke: Umurinzi w’Igihango yishyuriye abaturage 33 ubwisungane mu kwivuza

todayJune 3, 2020 42

Background
share close

Abaturage bo mu Murenge wa mu murenge wa Ruri mu karere ka Gakenke barashimira ibikorwa by’umurinzi w’igihango ku rwego rw’Igihugu Habumugisha Aaron byo kubanisha imiryango ibanye nabi hagamijwe ubwiyunge.

Abaturage babivuze nyuma y’uko Habumugisha Aron yishyuriye abaturage 33 amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza ndetse akanishyurira umuturage ugomba kujya kwivuriza ikibyimba i Kigali muri CHUK.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Aborozi bafite icyizere cyo kubona umusaruro mu mpenshi

Ubuyobozi bw'akarere ka Nyagatare buravuga ko nta kusanyirizo rizongera gufunga kubera kubura amata, n'ubwo biteze ko umukamo w'amata uzagabanuka mu gihe cy'impeshyi. Umuyobozi wa kano karere Rurangwa Steven ashingira ibi ku kuba aborozi basigaye borora kijyambere. Abahinzi nabo bakavuga ko imyumvire yahindutse bitewe no kugira ikizere cy’isoko ry’umukamo wabo. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 3, 2020 49

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%