Inkuru Nyamukuru

Ingendo zasubukuwe, “ihene n’inka nasize sinzi ko bikibaho!”

todayJune 3, 2020 45

Background
share close

Nyuma y’amabwiriza y’Inama y’Abaminisitiri avuga ko ingendo hagati y’Intara n’Umujyi wa Kigali zisubukuwe kuri uyu wa 03 Kamena 2020, bamwe mu bari barahejejwe i Kigali na Covid-19 bishimiye gusubira mu ngo zabo, ariko bakaba bajyanye impungenge z’uko baza gusanga hari ibyangiritse.

Simon Kamuzinzi yageze muri gare ya Nyabugogo aganira n’abavaga mu mujyi wa Kigali berekeza mu bice bitandukanye by’igihugu.

Umva inkuru irambuye hano::

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Félicien Kabuga agiye kuburanishirizwa i Arusha

Félicien Kabuga ushinjwa kuba ku isonga mu gutera inkunga Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda akaba aherutse gufatirwa mu Bufaransa, agiye kuburanishwa n’urwego IRMCT rwasimbuye ICTR. Kabuga Félicien yafatiwe mu Bufaransa tariki 16 Gicurasi 2020 akaba yifuzaga kuburanishirizwa mu Bufaransa. Imwe mu mpamvu we n’abamwunganira batangaga ngo ni uko ashaje cyane, dore ko avuga ko afite imyaka 87 y’amavuko, ariko hakaba n’izindi nyandiko zigaragaza ko afite imyaka 84 y’amavuko. Saa munani […]

todayJune 3, 2020 29

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%