Ingendo zasubukuwe, “ihene n’inka nasize sinzi ko bikibaho!”
Nyuma y’amabwiriza y’Inama y’Abaminisitiri avuga ko ingendo hagati y’Intara n’Umujyi wa Kigali zisubukuwe kuri uyu wa 03 Kamena 2020, bamwe mu bari barahejejwe i Kigali na Covid-19 bishimiye gusubira mu ngo zabo, ariko bakaba bajyanye impungenge z’uko baza gusanga hari ibyangiritse. Simon Kamuzinzi yageze muri gare ya Nyabugogo aganira n’abavaga mu mujyi wa Kigali berekeza mu bice bitandukanye by’igihugu. Umva inkuru irambuye hano::
Post comments (0)