Inkuru Nyamukuru

Musanze: Abatwara imodoka z’abagenzi biruhukije

todayJune 3, 2020 22

Background
share close

Abatwara imodoka zemerewe kongera gusubukura ingendo zigana mu zindi ntara n’Umujyi wa Kigali zivuye mu karere ka Musanze bariruhutsa, nyuma y’aho hari hashize amezi arenga abiri n’igice bari mu bushomeri bwatewe n’icyemezo cyo gusubika izi ngendo, kubera kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Covid-19.

Ni mu gihe abagenzi na bo bishimiye umwanzuro wafatiwe mu nama y’abaminisitiri yateranye ejo tariki 2 Kamena 2020 wo kongera gusubukura ingendo hagati y’Intara n’Umujyi wa Kigali ukuyemo uturere twa Rusizi na Rubavu, abazikora bakubahiriza amabwiriza yo kwirinda iki cyorezo cyugarije isi.

Ibi byiciro byombi byaganiriye n’umunyamakuru wa Kt Radio uri mu karere ka Musanze ISHIMWE RUGIRA Gisele:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ingendo zasubukuwe, “ihene n’inka nasize sinzi ko bikibaho!”

Nyuma y’amabwiriza y’Inama y’Abaminisitiri avuga ko ingendo hagati y’Intara n’Umujyi wa Kigali zisubukuwe kuri uyu wa 03 Kamena 2020, bamwe mu bari barahejejwe i Kigali na Covid-19 bishimiye gusubira mu ngo zabo, ariko bakaba bajyanye impungenge z’uko baza gusanga hari ibyangiritse. Simon Kamuzinzi yageze muri gare ya Nyabugogo aganira n’abavaga mu mujyi wa Kigali berekeza mu bice bitandukanye by’igihugu. Umva inkuru irambuye hano::

todayJune 3, 2020 45

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%