Abanyonzi batunguwe no kuba bo bari mu batemerewe gusubukura imirimo
Mu gihe abamotari bari mu byishimo, abakora umwuga wo gutwara abantu ku magare(Abanyonzi) bo mu turere dutandukanye tw’igihugu bo baratangaza ko batunguwe no kuba batisanze mu byiciro by’abasubukuye imirimo yo gutwara abagenzi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu bamwe muri bo bari batangiye gutwara abagenzi ari nako binjiza agafaranga, ariko nyuma y’amasaha macye ababahagarariye n’izindi nzego zishinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kwirinda Covid-19 mu turere bakoreramo zababwiye ko batarakomorerwa […]
Post comments (0)