Kigali: Abasiga abageni ibirungo mu gihombo gikomeye kubera Covid-19
Abasanzwe basiga abageni n’abandi bafite ibirori bitandukanye ibirirungo (Make Up) bari mu gihombo birewe n’uko amakwe, ibirori n’ibitaramo bitandukanye byahagaritswe. Ibi ni ibitangazwa na bamwe bakora uyu mwuga, umaze gufata intera ikomeye kandi ukaba utunze imiryango ugafasha n’abawukora kwiteza imbere. Umva inkuru irambuye hano:
Musabirema on June 5, 2020
Ese nk’umntu wari ufite compte mu umwalimu Sacco akaba yarakoreraga muri leta ubu akaba yakoreraga private schools akaba Kandi yaravuye muri leta agifitemo ideni yari atararangiza kwishyura, ubwo umuntu nk’uwo aramutse agannye umwalimu Sacco muri ibi bihe twazahajwe na covid 19, umwalimu Sacco Hari I bamumarara? Mudusubize kuko icyo kibazo gifitwe na bamwe na bamwe. Murakoze