Uganda igiye kurekura Abanyarwanda 130 yari ifunze mu buryo budakurikije amategeko
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Uganda Sam Kutesa yatangaje ko mu cyumweru gitaha Leta y’igihugu cye izarekura Abanyarwanda 130 bafungiye mu magereza atandukanye yo muri icyo gihugu. Yabivuze muri gahunda y’ibiganiro byahuje intumwa z'ibihugu by'u Rwanda na Uganda ndetse n'iz'ibihugu bihuza ari byo Angola na DRC ziga ku kibazo cy’umwuka utameze neza hagati y’u Rwanda na Uganda, ibiganiro byabaye kuri uyu wakane tariki 04 Kamena 2020. Muri ibyo biganiro byabaye hifashishijwe […]
Post comments (0)