Inkuru Nyamukuru

Nyaruguru- Bafite icyizere ko amashuri 600 yatangiye kubakwa azazamura ireme ry’uburezi

todayJune 22, 2020 21

Background
share close

Mu gihe mu Rwanda hose hagiye kubakwa ibyumba by’amashuri ibihumbi 22, kugira ngo abanyeshuri bazatangira mu kwezi kwa cyenda bazabe bisanzuye kurushaho, mu Karere ka Nyaruguru bazubaka 600.

Ababyeyi bo muri aka karere bishimiye iyubakwa ry’ibi byumba kuko babyitezeho kuzatuma abana batongera kwiga bacucitse, bityo bazabashe kuzajya bamenya ibyo bigishwa, binyuranye n’uko byifashe ubungubu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%