Day: June 23, 2020

6 Results / Page 1 of 1

Background

Inkuru Nyamukuru

Nyarugenge: Abamotari bahangayikishijwe na bagenzi babo banduye Covid-19

Nyuma y’uko mu mujyi wa Kigali ku cyumweru tariki 21 Kamena hagaragaye abamotari babiri banduye covid19 mu barwayi bashya 26 babonetse kuri uwo munsi, Ministeri y’ubuzima (Minisante) yatangiye gushakisha abantu bahuye nabo kugira ngo nabo bapimwe. Dr Sabin Nsanzimana uyobora ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC, yavuze ko n’ubusanzwe ingamba zihari, ariko ikigaragara ari uko ubukangurambaga bugomba kongerwa cyane mu bamotari n’abagenzi.

todayJune 23, 2020 25 1

Inkuru Nyamukuru

Ubuhinzi n’ubworozi byagenewe miliyari 122.4Frw mu ngengo y’imari ya 2020/2021

Ubuhinzi n’ubworozi byagenewe ingengo y’imari ya miliyari 122.4 z’Amafaranga y’u Rwanda azafasha mu guteza imbere urwo rwego mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2020-2021. Byatangajwe ku wa mbere tariki 22 Kamena 2020, ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yagezaga umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye y’umwaka utaha ku bagize Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa SENA ndetse n’umutwe w’Abadepite. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 23, 2020 45

Inkuru Nyamukuru

Mu Ngengo y’Imari 2020-2021 ya Miliyari 3.245 frw, 122 zizashyirwa mu buhinzi n’ubworozi

Mu ngengo y’imari nshya y’igihugu yamurikiwe inteko ishinga amategeko, ubuhinzi n’ubworozi byagenewe miliyari 122.4 frw, azafasha mu guteza imbere urwo rwego mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2020-2021. Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana ejo kuwa mbere ni bwo yagejeje umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye y’umwaka utaha ku bagize Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa SENA n’umutwe w’Abadepite.

todayJune 23, 2020 15

Inkuru Nyamukuru

Yaretse akazi kamuhemba miliyoni ajya gushakira imibereho abafite ubumuga

Uwitwa Gilbert Kubwimana wayoboraga ikigo kigura uduseke mu Rwanda kikajya kuducururiza muri America, avuga ko yemeye gusiga umushahara ubarirwa muri miliyoni icyo kigo cyamuhembaga, kugira ngo ashishikarize abantu gufasha ingo zirimo abana bafite ubumuga. Mu myaka itatu Kubwimana amaze akorera mu murenge wa Bumbogo mu karere ka Gasabo, avuga ko kugeza ubu nta mwana waho ufite ubumuga ugikingiranwa mu nzu cyangwa ngo aburare, ndetse n’imyumvire ya bamwe babafata nk’abarimo adabayimoni […]

todayJune 23, 2020 61

0%