Abaturage b’akagari ka Gishuro mu murenge wa Tabagwe na Kabuga umurenge wa Karama akarere ka Nyagatare bavuga ko amasoko bubakiwe azabafasha gucuruza ibicuruzwa byabo bitanyagirwa kandi bibarinda kongera gusubira muri Uganda aho bari basanzwe bacururiza.
Uretse amasoko mato yubatswe Kabuga, Gikoba, Rwempasha na Musheri, abanyarwanda batuye akarere ka Nyagatare by’umwihariko abo mu mirenge ya Tabagwe na Karama ibirori byo Kwibohora ku ncuro ya 26 bisanze bafite umuhanda wa kaburimbo yoroheje kuva mu mujyi wa Nyagatare kugera Karama muri santere.
Ikipe ya Gasogi United nyuma yo gutakaza abatoza babiri bayo berekeje muri Rayon Sports, yahise isinyisha amasezerano y’umwaka umwe abatozaga Rayon Sports. Ku mugoroba w'ejo ku wa Kane ni bwo ikipe ya Rayon Sports yasinyishije umutoza Guy Bukasa watozaga Gasogi mu gihe cy’umwaka umwe. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)