Gushakisha imibiri mu cyuzi cya Ruramira byongeye gusubikwa
Umuyobozi wa Ibuka mu karere ka Kayonza Didace Ndindabahizi avuga ko ibikorwa byo gushakisha imibiri y’Abatutsi bajugunywe mu cyuzi cya Ruramira mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi byongeye gusubikwa. Gusubika ibyo bikorwa ngo byatewe n’uko hari agace karimo amazi n’isayo abaturage batabasha kujyamo ngo bashake iyo mibiri. Icyuzi cya Ruramira cyatangiye gushakishwamo imibiri y’Abatutsi bazize jenoside guhera muri Nyakanga 2019 nyuma y’uko kigomorowe amazi akavamo. Imirimo yo gushakisha iyo mibiri […]
Post comments (0)