Inkuru Nyamukuru

Yasanze Perezida Kagame mu biro, ibibazo yari afite bihita bikemuka

todayJuly 9, 2020 40

Background
share close

Umukecuru w’imyaka 74 wo mu karere ka Musanze witwa Hélène Nyirangoragoze, arishimira ko yasubijwe ubutaka yari yarambuwe ubuyobozi bw’ibanze burebera, ikibazo cye kigakemurwa na Perezida Paul Kagame ubwo yamusangaga mu biro bye.

Uwo mukecuru wahungutse ava muri Tanzania ubu atuye mu murenge wa Busogo aho yubakiwe inzu bisabwe na Perezida Paul Kagame.

Avuga ko ubwo yagerage mu Rwanda ngo yasanze amasambu y’umuryango we yarigabijwe n’abantu, ikibazo akigejeje mu buyobozi bw’inzego z’ibanze bumwima amatwi, afata icyemezo cyo kujya kwa Perezida wa Repuburika kumutura ibibazo bye.

Umva uyu mucyeculu mukiganiro yagiranye n’umunyamakuru wacu Mutuyimana Servilien

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%